IBARUWA YO GUSABA GUHINDURA INGINGO YA 2, YA 101 NI YA 189 Z’ITEGEKO NSHINGA

ISHYAKA RYA GISOSIYALISITI RIRENGERA ABAKOZI MU RWANDA

PARTI SOCIALISTE RWANDAIS- TRAVAILLISTE

RWANDESE SOCIALIST LABOUR PARTY

Kigali, kuwa 28 Gicurasi 2015

Nyakubahwa Perezida w’Inteko
Ishinga Amategeko- Umutwe
w’Abadepite

KIGALI

Impamvu: Guhindura ingingo ya 2, ya 101 ni ya
189 z’Itegeko Nshinga.

Nyakubahwa,

Mu izina ry’Ishyaka rya Gisosiyalisiti Rirengera Abakozi mu Rwanda/PSR, dushimishijwe no kubasaba ko ingingo z’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, zivugwahejuru, zahindurwa.

Impamvu n’uburyo izongingo zavugururwa n’Inteko Ishinga Amategeko, murabisanga, mu bisobanuro birambuye, kumugereka w’iyibaruwa.
Tubifurije kugira imirimo myiza.

Jean- Baptiste Rucibigango,Hon.

Umuyobozi Mukuru w’Ishyaka PSR.

Bimenyeshejwe:

- Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko- Umutwe wa Sena.


Soma inyandiko zijyanye n’iyi baruwa muri Publication